Ubu butumwa ni ubw’iyi tariki ngarukamwaka ya 9 Werurwe , aho Ummuryango w’abana b’abaririmbyi mu Rwanda Pueri Cantores Rwanda yizihiza Mutagatifu Dominiki Savio bisunze nk’Umurinzi w’abana b’abaririmbyi “Pueri Cantores”.
Sangiza n’abandi ba Pueri Et Puerae Cantores ubu butumwa.
