Butete

Pueri Cantores Butete

Pueri Cantores Butete
  1. Pueri Cantores Butete
  • Igihe itorero ryatangiriye:
  • Abarishinze: Padiri Théogène Nzuwonemeye, warerewe muri Pueri Cantores Rwaza.
  • Ibikorwa by’igenzi itorero rikora: Bafasha abakristu gusenga bizihiza igitambo cya Missa zo ku cyumweru n’indi minsi mikuru. Itorero rikora ibikorwa by’urukundo birimo gusura abarwa baba mu Kigo nderabuzima cya Kinoni, bafasha bababaye babaha ibyo kurya, no kwambara. Bakora umwiherero buri mwaka, bakaba kandi bafite abana biga amashuri abanza n’ayisumbuye. Mu buryo bwo kwimakaza umuco w’amahoro bakora igitaramo burri mwaka kandi bakanagira itorero ribyina imbyino zijyanye n’umuco ndetse n’iza Liturijiya. Pueri Cantores Nyakinama irashishikariza abakristu bose bo ku isi n’andi matorero kurushaho kwitabira ibikorwa by’urukundo kandi barushaho kuririmba neza amahoro y’Imana isi ikeneye. Bamaze kwitabira ihuriro rimwe gusa ry’Umuryango w’Abana b’Abaririmbyi mu Rwanda.
  • Umubare w’abaririmbyi bagize itorero: Itorero rigizwe n’abana 80 bose batuye mu muri iyi Paruwasi y’aba Pallotin (abakobwa 63 n’abahungu 17). Hamaze gusezerana 71.
  • Aho itorero riherereye: Itorero ryo muri Paruwasi Kinoni riherereye muri Diyosezi Ruhengeri iri mu Karere ka Burera, ku nkengero z’umupaka w’u Rwanda na Uganda ho mu ntara y’Amajyaruruguru. Rikaba rituriye Pariki y’ibirunga by’umwihariko ikirunga cya Muhabura ari nacyo Kinini. Baturiye kandi Ikiyaga cya Burera hafi ya Seminar into ya Nkumba. Ba mukerarugendo bakaba bakunda kuza gusura iki gie kubera ibyiza bwaho burimo imisozi, ibiyaga n’ingagi. Paruwasi ya Kinoni ni iy’Abapadri bera bitwa Pallotin ikaba yarashinzwe muri 1988 yitiriwe Mutagatifu Yozefu. Kuva mu mujyi wa Musanze hari 12 km ni ukuvuga 115 km uvuye i Kigali.